Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Nyafurika gishinzwe Kurwanya Indwara (Africa CDC), Dr. Jean Kaseya, yavuze ko u Rwanda ruzatsinda Icyorezo cya Marburg mu gihe cya vuba kandi bitewe n’ingamba zo kukigenzura ...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Yavuze ko u Rwanda ruherutse kwakira dose 700 z’inkingo za ...
Urwego rutegura Shampiyona y'icyiciro cya Mbere mu Mupira w’Amaguru (Rwanda Premier League), rwatangaje ko imikino y'Umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona yagizwe ibirarane kubera umukino Ikipe y'Igihugu ...
Abanyarwanda bakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse bitabiriye inama ya Kabiri y’Ihuriro ry'Ubukungu rigamije kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’Isoko Rusange rya Afurika (AfCFTA Business Forum), izwi ...
Ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya no gukumira Indwara z'Ibyorezo (Africa CDC), cyashimye uburyo u Rwanda rurimo kwitwara mu guhangana n’icyorezo cya Marburg kandi ko rutanga isomo ryiza no ku bindi ...
Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruri gukora ibishoboka byose mu guhangana n’Icyorezo cya Marburg ruhanganye na cyo. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 9 Ukwakira 2024 ubwo yafunguraga ...
Ambasaderi w'u Rwanda mu Muryango w'Abibumbye, Ernest Rwamucyo yongeye kubwira Akanama ka Loni gashinze umutekano ku Isi, ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye gukomeza gutwerera u ...
Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwakomeje kuburanisha urubanza rw’Umunyarwanda, Eugene Rwamucyo ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakoreye Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ku gicamunsi cyo ...
Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo intego zo kwishyira hamwe kwa Afurika n’ishyirwa mu bikorwa ry’Isoko Rusange rya Afurika bigerweho, hakenewe kugira politiki n’imiyoborere myiza ariko byose ...
Mu gihe hirya no hino mu Mujyi wa Musanze hakajijwe ingamba zo kwirinda icyorezo cya Marburg cyane cyane ahatangirwa serivisi zinyuranye, hakenewe kongerwa ingufu mu nkengero z’uyu Mujyi aho usanga ...
Le Ministre des Affaires étrangères et de la Coopération internationale, Nasser Bourita, a appelé, dimanche, l’Afrique du Sud à travailler avec le Maroc pour l’émergence d’un nouveau modèle de ...